Umucamanza mu rukiko rukuru mu Rwanda yategetse ko abo mu muryango wa nyakwigendera Assinapol Rwigara barekurwa by’agateganyo bakajya baburana bari hanze Ni nyuma y’ubusabe bw’ababunganira mu mategeko. Umucamanza yavuze ko impungenge z’ubushinjacyaha nta shingiro zifite ko batoroka ubutabera. Yategetse ko…
